Topic outline

  • UMUTWE WA MBERE: UMUCO N’INDANGAGACIRO NYARWANDA

    Kubaha no kwakira abatugana: Inyana ni iya mweru.

    f

    cd

    Kubaha bitangirira mu kwiyubaha ubwawe, udatewe ipfunwe n’uko waba 
    umeze kose cyangwa ngo wumve wasuzugura abandi kubera ko hari icyo 
    ubarusha. 

    f
    wirinda kwemera ibyo udashoboye byagutera guhemuka. Umuntu 
    wiyubaha arangwa n’isuku y’umubiri we n’aho ari hose, akita ku nshingano 
    ze uko bikwiye kandi agafata ifunguro riboneye. Arangwa n’ikinyabupfura 
    kandi ntaca mu ijambo abo bavugana. Ashimira abamugiriye neza ndetse 
    akanasezera ku bari kumwe na we mu gihe ashatse gutandukana na bo. 
    Kubaha ni umugenzo utangirira mu muryango aho umwana yigira kuvuga. 
    Ashobora rero kuhakomora imico myiza cyangwa ingeso mbi bitewe 
    n’ingero abonana abo babana. 

    Kubaha bigomba kuturanga aho turi hose, haba mu rugo, ku ishuri cyangwa 
    mu kazi. Buri muntu agomba kubaha abamuruta, abo bangana n’abo 
    aruta. Uburyo mwakira abashyitsi babagana, ni bwo bubagaragariza abo 
    muri bo. Umushyitsi navunyisha muzamuhe ikaze, maze mumwakirane 

    urugwiro”. 

    Impanuro uwo mubyeyi yahaye abana be zatumye bagira ikinyabupfura, 
    bagahora bitwararitse mu byo bavuga no mu byo bakora, kugira ngo 
    hatagira uwo bahutaza.

    Abo bana bahoraga bishimye, bagakina ntawuhutaza undi, bagasabana 
    n’abandi, bakamenya gukorera ikintu mu gihe cyacyo. Mu nzira, 
    g
    ubaruta akicara, bakagirira isuku ahantu bari kandi na bo ugasanga 
    barangwa n’isuku aho bari hose. 

    Mu kinyarwanda baca umugani ngo “inyana ni iya mweru” kandi ngo 
    “uburere buruta ubuvuke!”
    Ubwo burere bwiza bwatumye bagira ubumenyi bamenya n’ubwenge, 
    kuburyo batigeraga batsinda mw'ishuri maze bose bariga baraminuza
    Imico yabo myiza yagiye ivugwa hose, maze abantu bose barabakunda. 
    Ubu na bo bashinze ingo zikomeye. Uko ni ko “kwibyara gutera ababyeyi 

    ineza.”

    f

    Shaka ibisobanuro by’aya magambo ukurikije uko yakoreshejwe mu 
    mwandiko.

    1. Imigenzo
    2. Urugwiro
    3. Yarateruye
    4. Guhanura
    5. Ipfunwe
    6. Umupaka
    7. Kuvunyisha
    8. Gutega umuntu amatwi

    9. Kubasesereza

    f

    a. Koresha amagambo akurikira mu nteruro ziboneye wihimbiye:
    1. Ipfunwe
    2. Gutabara
    3. Umuco
    4. Gutega amatwi

    5. Gusesereza

    b. Tanga imbusane z’amagambo aciyeho akarongo.
    • Dushimire abatugiriye neza.
    • Uburere bwiza bugaragazwa no kubaha.

    c. Simbuza amagambo aciyeho akarongo andi bivuga kimwe.
    1. Isaha irageze muze tuge gufata ifunguro.
    2. Umushyitsi ugeze mu rugo aravunyisha agahabwa ikaze.
    3. Se w’abo bana yabatoje uburere bwiza.

    4. Abaje batugana tugomba kubakira neza, tukabaganiriza.

    f

    Subiza ibi bibazo byabajiwe ku mwandiko mu magambo yawe bwite: 

    1. Ni iyihe migenzo myiza yarangaga umuryango wa Kamuhanda?
    2. Ni iyihe mpanuro ya mbere Kamuhanda yahaye abana be?
    3. Ni ibihe bintu bitatu by’ingenzi ababyeyi bari barigishije abana babo? 
    4. Vuga nibura ibintu bitatu biranga umuntu wiyubaha.
    5. Kuki umushyitsi uje atugana agomba kwakirwa neza?
    6. a) Wemeranya n’abavuga ko umwana yitwara nk’uko ababyeyi 
     bitwara? Sobanura.
     b) Ni uwuhe mugani w’umugenurano dusanga mu mwandiko 

    ushimangira igisubizo  cyawe?

    g

    1) Ni iyihe nsanganyamatsiko ivugwa mu mwandiko?

    2) Garagaza ingingo z’ingenzi zivugwa muri uyu mwandiko.

    f

    1. Hitamo imvugo iboneye iranga ikinyabupfura, kandi usobanure 
    impamvu ari yo wahisemo.
    a) Iyo ushaka kumenya umuntu waje murugo uramubwira uti?
    1) “Wambwiye izina ryawe.”
    2) “Mbese ubundi witwa nde?”
    3) « Uri nde se? »
    4) « Ko tutabamenye se? »
    b) Iyo umushyisti ageze munzu uramubaza uti?
    1) « Icara ! »
    2) « Wakwicaye se! »
    3) “Dore ngiyo intebe!”
    4) “Ngako agatebe nimwicare.”
    c. Iyo ushaka kugira icyo uzimanira umuntu uramubaza uti?
    1) “Tubahe iki se?”
    2) “Murashaka kunywa iki?”
    3) “Twabazimanira iki?”

    4) "Mwaba se mukeneye icyo kunywa?"

    2. Shaka amagambo ari muri iki kinyatuzu

    c

    f

    v

    g

    r

    c

    d

    d

    f

    f

    df

    f

    f

    vf

    c

    r

    f

    f

    g

    f

    xd

    f

    x

    df

    f

    v

    g

    d

    df

    r

    f

    f

    f

    d

    s

    xs

    d

    r

    5

    d

    d

    f

    d

    d

    d

    s

    f

    s

    d

    2. Soma indi migani miremire mu bitabo bitandukanye maze ugeze ku 

    bandi ibivugwamo muri make.

    2. Ingingo zo gutangaho ibitekerezo no gutekereza byimbitse ku 
     bivugwa mu mwandiko. 

    Inyigisho dukuye muri uyu mugani:

    Kumenya kwikemurira ibibazo: ubwa mbere Nyanshya yashoboye gushuka

    d

    f

    d

    f

    dr

    r

    f

    d

    r

    r

    D

    R

  • UMUTWE WA KABIRI: ITERAMBERE

    C

    Habayeho umugabo akagira abana batatu abahungu babiri n’umukobwa 
    umwe, nyina w’abo bana akaba yarashaje. Uwo mugabo nta cyo yagiraga, 
    uretse inzu yari atuyemo. Buri mwana muri abo bana rero, akifuza 
    kuzaragwa iyo nzu. Ibyo kuyibagabanya cyangwa kuyigurisha byo mu 

    muryango wabo bari barabibabujije.

    DE

    D

    D

    F

    E

    E

    D

    D

    R

    DE

    D

    XD

    FR

    DE

    F

    R

    D

    F

    R

    F

    FR

    F

    S

    R

    S

    D

    XD

    G

    G

    1

    D

    D

    F

    XD

    XS

    D

    DF

    D

    SE

    D

    CD

    D

    D

    D

    D

    D

    FR

    G

    G

    F

    F

    D

    D

    F

    F

    F

    D

    R

    D

    F

    fg

    f

    c

    d

    f

    f

    d

    e

    d

    f

    s

    f

    s