Topic outline

  • Inyigisho1: Inyamaswa zo mu mazi

    1. Inyamaswa zitandukanye dusanga mu biyaga n’imigezi

    Amafi

    a

    Imvubu

    a

    Ingona

    q

    Ibikeri

    a

    Utunyamasyo

    a

    q

    Umukoro: Ndavuga inyamaswa zo mu mazi nabonye.

    Q

    Umukoro: Ndasiga imvubu amabara

    q

  • 2. Akamaro k'amafi

    2. Akamaro k’amafi

    Amafi turayarya.

    q

    Amafi aduha amafaranga.

    a

    umukoro: Ndashyira amagaragamba ku ifi.

    a


  • 3. Inyamaswa n’aho ziba.

    Inyamaswa n’aho ziba

    Umukoro 1: Ndahuza inyamaswa n’aho ziba.

    a

    Umukoro 2: Ndahuza inyamaswa n’aho ziba. 

    a

    Umukoro 3: Ndahuza inyamaswa n’aho ziba.

    a

    Umukoro 4: Ndashushanya ibice bibura.

    a

    Umukoro 5: Ndasiga inyamaswa nini amabara.

    a

    Umukoro 6: Ndaca uruziga ku nyamaswa ziba mu mazi.

    a

    Umukoro 7: Ndaca uruziga ku matungo.


    a

    Umukoro 8: Ndaca uruziga ku nyamaswa zo mu gasozi.


    a

    Umukoro 9: Ndaca uruziga ku nyoni.

    a

    Umukoro 10: Ndaca uruziga ku dusimba duto.

    aIrin

    Irinde gushotora inyamaswa no gukinira mu byatsi birebire.

    a