Gukora gahunda y’ingendoshuri

UmuringaFezaZahabu
• Abana bava ku ishuri buri cyumweru bagiye kwiga ibijyanye n’amasomo biboneka aho batuye
• Umwe mu barezi cyangwa umubyeyi ayobora itsinda ry’abana 10
kandi aba afite urutonde rw’abo bana hamwe na nimero za telefoni z’ababyeyi
• Ababyeyi basinya ku rupapuro bemeza ingendo zisaba kwishyura amafaranga y’imodoka
• Imodoka zitwara abana zigomba kuba zizewe.
• Abashoferi bagomba kuba bafite ikemezo cy’ubudakemwa mu mico no mu myifatire (cyatanzwe n’urwego rubifitiye ububasha)
• Umurezi uyoboye abana agendana agasanduku k’ubutabazi bw’ibanze
• Abana bakora nibura urugendo rumwe mu mwaka hanze y’aho
batuye kugira ngo bamenye igihugu cyabo kurushaho
• Abana bakora nibura urugendo rumwe mu mwaka hanze y’aho
batuye kugira ngo bamenye igihugu cyabo kurushaho

Last modified: Tuesday, 8 February 2022, 1:22 PM