Imitegurire y’ibikorwa by’imyigire n’imyigishirize

UmuringaFezaZahabu
Ishuri rigira umwarimu umweIshuri rigira umwarimu umwe n’undi wunganira ibyumba bibiriIshuri rigira umwarimu umwe n’umwunganira kuri buri cyumba
Abarimu bagomba gushyira mu bikorwa integanyanyigisho y’igihugu ishingiye ku bushobozi bw’umunyeshuri nk’uko biteganywaNi kimwe no mu
Muringa
Ni kimwe no mu
Muringa
Ururimi rwigishwamo ni
Ikinyarwanda
Ni kimwe no mu
Muringa
Ni kimwe no mu
Muringa

Ubushobozi bw’ingenzi bugamijwe kuri buri mutwe mu byigwa bikurikira bugerwaho hakoreshejwe imikino n’ibyo abana bazi:

• Ubumenyi bw’ibidukikije
• Imibare
• Ibonezabuzima
• Ubugeni n’umuco
• Indimi
• Iterambere mu mibanire n’imbamutima

Ni kimwe no mu
Muringa
Ni kimwe no mu
Muringa
Ingengabihe y’amasomo ntigomba kurenza amasaha
4.  Ishuri rifite ibindi bikorwa ribimenyesha ubuyobozi bw’Akarere
Ni kimwe no mu
Muringa
Ni kimwe no mu
Muringa
Ingengabihe ishushanyije imanikwa aho abana barebaNi kimwe no mu
Muringa
Ni kimwe no mu
Muringa
Ingengabihe igomba gukorwa ku buryo ibikorwa bisimburana hakurikijwe imitere yabyo kugira ngo abana batarambirwa: ibikorwa bakora bacecetse- ibikorwa bakora bavuga; ibikorwa bakorera mu ishuri imbere-ibikorwa bakorera hanze y’ishuri, ibikorwa abana bagiramo uruhare runini- ibikorwa abana bagiramo uruhare ruto; ibikorwa bikorerwa mu matsinda manini-ibikorwa bikorerwa mu matsinda mato; ibikorwa abanyeshuri biteguriye-ibikorwa byateguwe n’umwarimu bigatuma abanyeshuri bagira ubumenyi butandukanye bakura mu byigwa byoseNi kimwe no mu
Muringa
Ni kimwe no mu
Muringa
Igihe ibikorwa bimara kiratandukanye bitewe n’imiterere yabyo: Ibikorwa abanyeshuri bagiramo uruhare runini ni byo batindamo kuko
bitabarambira; ariko imikino n’ibikorwa biyobowe n’umwarimu ntibigomba kurenza iminota 25
Ni kimwe no mu
Muringa
Ni kimwe no mu
Muringa
Imitegurire y’ishuri igomba kuba ikurura abana mu mikino hakaba kandi ibikoresho bitadukanye harimo ibikorerwa aho abana batuye kugira ngo bikangure imitekerereze y’abana n’ubushakashatsiNi kimwe no mu
Muringa
Ni kimwe no mu
Muringa
Ishuri rigomba kugira imfashanyigisho zikoreshwa n’abana bose (Reba umugereka wa 7)Ibikinisho bimanikwa muri etajeri aho abana bashyikiraNi kimwe no muri
Feza
Ibyakozwe n’abana byose harimo ibishushanyo, inyandiko, n’ibindi bitandukanye bimanikwa ku nkuta aho abana barebaNi kimwe no mu
Muringa
Ni kimwe no mu
Muringa
Mu gihe k’imikino, abana bagomba kuba bari
kumwe n’umuntu mukuru ubakurikirana akanabafasha mu mikoreshereze y’ibikinisho
Ni kimwe no mu
Muringa
Ni kimwe no mu
Muringa

Last modified: Tuesday, 8 February 2022, 1:20 PM