Imfashanyigisho z’umunyeshuri

UmuringaFezaZahabu
Mu gutegura icyumba k’ishuri, hateganywa umwanya w’ameza akorerwaho ibikorwa bitandukanye aho abana bagira uruhare mu myigire yaboMu gutegura icyumba k’ishuri, hateganywa umwanya abana bakiniramo ku mikeka, hasi,
etajeri zishyirwamo imfashanyigisho
Ni kimwe no muri
Feza
Imfashanyigisho n’ibikinisho bikoreshwa mu ishuri no hanze bigomba gufasha abana gukoresha ibyiyumviro byose: kureba,
kumva, gukorakora, kwihumuriza no kumva ibiryohereye cyangwa ibibishye
Ni kimwe no mu
Muringa
Ni kimwe no mu
Muringa
Imfashanyigisho n’ibikinisho bigomba kuba ari ibiboneka aho abana batuyeNi kimwe no mu
Muringa
Ni kimwe no mu
Muringa
Ibyinshi mu bikinisho bigomba gufasha abana bafite ubushobozi butandukanyeNi kimwe no mu
Muringa
Ni kimwe no mu
Muringa
Ishuri rigomba kugira imfashanyigisho zihagije zigendanye n’ibyigwa byose: Imibare,
Indimi (Ikinyarwanda n’Icyongereza), Ubugeni n’umuco, Ubumenyi bw’ibidukikije,
Iterambere mu mibanire n’imbamutima, Ibonezabuzima (Reba umugereka No. 7)
Ni kimwe no mu
Muringa
Ni kimwe no mu
Muringa
Mu nguni z’ibikorwa hagomba kuba imfashanyigisho zitandukanye zakorewe/ziboneka aho abana batuye zibafasha gutekereza byimbitseMu nguni z’ibikorwa hagomba kuba imfashanyigisho zitandukanye zakorewe/ziboneka aho abana batuye n’izaguzwe zigafasha abana gutekereza byimbitseNi kimwe no muri
Feza
-Imyigishirize hakoreshejwe ikoranabuhanga igomba kwitabwahoImyigishirize hakoreshejwe ikoranabuhanga ndetse na murandasi igomba kwitabwaho
Ishuri ry’inshuke rigomba kugira ibitabo bitandukanye by’inkuru zishushanyije by’u Rwanda zigaragaramo umuco nyarwanda
kandi biri ku kigero cy’abana babikoresha
Ni kimwe no mu
Muringa
Ishuri rigomba kugira ibitabo bitandukanye bigaragaza imico itandukanye abana bagahitamo ibyo basoma
Ishuri rigomba kugira ibikoresho abana bakoresha mu kwandika harimo ibitabo, amakaramu y’ibiti, ingwa, amakaramu y’amabaraIshuri rigomba kugira impapuro
za A4 zikorerwaho imyitozo n’abana, imikasi, ubujeni n’amarangi
Ishuri rigomba kugira impapuro z’amabara anyuranye
Imfashanyigisho n’ibikinisho bikoreshwa mu ishuri ry’inshuke bigomba kuba biboneka aho abana batuye, byemewe mu muco nyarwanda, bigendanye n’ikigero cy’abana, biramba, bitangiza
abana kandi bifite isuku, bikurura abana, bikoreshwa mu buryo bwinshi, byubahiriza ihame ry’uburinganire, kandi bikangura ubwenge bw’abana n’ibyumviro byabo kandi bitangiritse
Zimwe mu mfashanyigisho n’ibikinisho bikoreshwa zishobora kugurwa hanze y’igihugu mu gihe zitaboneka
mu Rwanda kugira ngo abana bunguke ubumenyi buhagije

Ishuri rigomba kugira imfashanyigisho n’ibikinisho bihagije ku buryo buri mwana akora ibikorwa wenyine.

Imfashanyigisho n’ibikinisho byinshi bitaboneka mu Rwanda byagurwa mu mahanga


Last modified: Tuesday, 8 February 2022, 1:18 PM