Imirire iboneye

UmuringaFezaZahabu
Abana bagomba kugaburirwa ku ishuri byaba byiza bagahabwa igikomaNi kimwe no mu
Muringa
yo abana birirwa ku ishuri umunsi wose bagomba guhabwa ifunguro rya saa sita kandi bakagaburirwa indyo yuzuye
Abarimu bagomba gukurikirana igihe abana bafatira amafunguro kandi bakababa hafi igihe bayafataNi kimwe no mu
Muringa
Ni kimwe no mu
Muringa
Niba ishuri ritekera abana, abatunganya amafunguro yabo bagomba kuba bafite isukuAbatunganya amafunguro y’abana bagomba kwambara amataburiya n’ingoferoNi kimwe no muri
Feza
Abatunganya amafunguro y’abana n’abayabagaburira bagomba kuba bizewe kandi bafite ubuzima bwizaAbatunganya amafunguro y’abana n’abayabagaburira bagomba
kugira ikemezo cy’ubuzima bwiza n’ik’imyitwarire myiza
Ni kimwe no muri
Feza
Kugenzura imikurire y’abana mu gihagararo no mu biro bikorwa
ku buryo buhoraho hagamijwe kureba abana bafite ibibazo by’imirire mibi hakiri kare
Ni kimwe no mu
Muringa
Ni kimwe no mu
Muringa

Last modified: Tuesday, 8 February 2022, 1:12 PM