Ibikorwa byo kubungabunga ubuzima

UmuringaFezaZahabu
Ishuri ry’inshuke rigomba kugira nimero za terefoni z’umujyanama w’ubuzima
mu gace ishuri riherereyemo. Igihe uwo mujyanama w’ubuzima asuye ishuri cyangwa hari serivisi ahatanze byandikwa mu gitabo cy’abashyitsi agasinya
Ishuri ry’inshuke rigomba kugirana amasezerano na kimwe mu bigo bitanga service z’ubuzima kemewe na Leta kugira ngo kijye kibagezaho ubutabazi
bwihuse igihe habonetse ikibazo gitunguranye
Ishuri ry’inshuke rigomba
kugira ivuriro n’umuforomo wita ku bana umunsi ku munsi kandi ibyakozwe bikandikwa mu
gitabo cyabugenewe
Igihe hari imiti yazanwe ku ishuri, igomba kubikwa aho abana batagera.
Umwarimu agomba guha umwana
iyo miti akurikije amabwiriza ya muganga
Ni kimwe no mu
Muringa
Ni kimwe no mu
Muringa
Ikigo k’ishuri kigomba kugira ibikoresho bisukuye bibikwamo amazi meza yo kunywa kandi buri mwana agakoresha igikombe ke.Buri shuri rigomba kugira ibikoresho byihariye bisukuye bibikwamo amazi meza yo kunywa kandi buri mwana agakoresha igikombe keNi kimwe no muri
Feza
Iyo hari umwana ugize ikibazo gitunguranye, mwarimu w’ishuri ajyana uwo mwana
ku kigo nderabuzima kegereye
ishuri bagahita babimenyesha ababyeyi. Ashaka umusigariraho kugira ngo acunge abana.
Ni kimwe no mu
Muringa
Ni kimwe no mu
Muringa
Buri mwana
agomba kugira ifishi
y’ubuzima bwe ku
ishuri igaragaza uko
umwana ahagaze,
imikurire ye, n’uko
agezwaho imiti
y’inzoka
Ni kimwe no mu
Muringa
Ni kimwe no mu
Muringa
Buri mwana agomba kugira ikarita yo kwivurizahoNi kimwe no mu
Muringa
Ni kimwe no mu
Muringa
Mu ngengabihe ya buri munsi, abana bagomba kugenerwa igihe k’imikino ngororamubiriNi kimwe no mu
Muringa
Ni kimwe no mu
Muringa
Amabwiriza yo kwirinda indwara zandura aherekejwe n’amashusho agomba kumanikwa ahagaragaraNi kimwe no mu
Muringa
Ni kimwe no mu
Muringa

Last modified: Tuesday, 8 February 2022, 1:09 PM