Uko inyubako ziteye: Ibikoresho byo mu mashuri

UmuringaFezaZahabu
Ishuri rigomba kugira ikibaho cyangwa ibindi byo kwandikaho ku buryo byorohera abana kugikoresha kikaba kiri muri cm 20 uvuye ku butakaNi kimwe no mu
Muringa
Ni kimwe no mu
Muringa
Ishuri rigomba kugira intebe n’ameza bikomeye kandi biri ku kigero cy’abanaIshuri rigomba kugira intebe n’ameza bisize amabara
atandukanye akurura abana
Ni kimwe no muri
Feza
Ishuri rigomba kugira umukeka/ikirago ukoreshwa mu bikorwa bimwe na bimwe nko gusoma, guca imigani n’ibindi byakenerwaNi kimwe no mu
Muringa
Ishuri rigomba kugira ameza ari
ku kigero cy’abana akoreshwa mu guteza imbere ubushobozi nsanganyamasomo, mu matsinda no
mu bindi bikorwa bitandukanye
Ishuri rigomba kugira intebe ya mwarimu n’ameza abikaho ibidanago bye cyangwa akagira ahandi abibika mu biroIshuri rigomba kugira intebe ya mwarimu n’ameza afite ububiko abikamo ibidanago bye cyangwa akagira ahandi abibika mu biroNi kimwe no muri
Feza
Ishuri rigomba kugira umukeka, ikirago
cyangwa ikindi gikoresho cyifashishwa mu kubika imfashanyigisho
Ishuri rigomba kugira nibura etajeri imwe ibikwamo imfashanyigishoIshuri rigomba kugira nibura etajeri ebyiri zibikwamo imfashanyigisho
Buri shuri rigomba kugira aho buri mwana amanika imyenda y’imbehoNi kimwe no mu
Muringa
Ni kimwe no mu
Muringa
Ishuri rigomba kugira umukeka usukuye uterekwaho amafunguro y’abanaIshuri rigomba kugira etajeri iterekwaho amafunguro y’abanaIshuri rigomba kugira akabati gafungwa kagenewe kubikwamo amafunguro y’abana

Last modified: Tuesday, 8 February 2022, 1:07 PM