• Umutwe wa karindwi Inyamaswa zo mu rugo

    Ingombajwi f F

    1. Erekana amashusho arimo ijwi f.

    ded

    2. Erekana ingombajwi f F.

    d

    3. Soma imigemo ikurikira.

    s

    4. Soma amagambo akurikira.

    d

    5. Soma interuro ikurikira.

    eFuraha afite amafi manini.

    6. Soma agakuru gakurikira maze usubize ibibazo.

    e Furaha na Damasia

    e

    Furaha yagiye kugura ifarini

    Ahura na Dativa afite amafi mu ibase. 

    Dativa aha Furaha amafi abiri. 

    Furaha ageze iwe ateka amafi mu isafuriya. 

    Furaha agotomera umufa anezerewe.

    a. Furaha yagiye kugura iki?

    b. Furaha ageze mu rugo yakoze iki?

    7. Andika ingombajwi f mu nyuguti nto.

    d

    8. Andika ingombajwi F mu nyuguti nkuru.

                                d

    9. Uzurisha imwe mu nyuguti zikurikira wandike ijambo.

    d

    10. Curukura amagambo ukore interuro uyandike mu ikayi yawe.

    abirakomera - ifi - Kuroba.

    Ingombajwi j J.

    1. Erekana amashusho arimo ijwi j.

    se

    2. Erekana ingombajwi j J.

    e

    3. Soma imigemo ikurikira.

    er

    4. Soma amagambo akurikira.

    f

    5. Soma interuro ikurikira.

    eMujiji yororeye ihene i Jabana.

    6. Soma agakuru gakurikira maze usubize ibibazo.

    e Joriji mu gikoni.

    d

    Joriji yogeje amajerikani abikamo amazi.

     Amaze koza ateka amafi. 

    Ategura imiteja mu isafuriya nini. 

    Nijoro yatumiye Jani ku meza baraganira. 

    Joriji na Jani baranezerewe.

    a. Ni hehe Joriji abika amazi? 

    b. Ni iki Joriji yateguriye mu isafuriya?

    7. Andika ingombajwi j mu nyuguti nto.

    s

    8. Andika ingombajwi J mu nyuguti nkuru.

    g

    9. Uzurisha imwe mu nyuguti zikurikira wandike ijambo.

    we

    10. Curukura amagambo ukore interuro uzandike mu ikayi yawe.

    a Jani - ku - arareba - ijuru

    Imyitozo

    1. Erekana amashusho arimo ijwi f na j.

    de

    2. Huza ingombajwi f cyangwa j n’ishusho irimo ijwi f cyangwa j.

    e

    3. Soma imigemo ikurikira.

    e

    4. Soma amagambo akurikira.

    g 

    5. Soma interuro zikurikira.

        e    Janine na Fatuma barafura amajipo. 

                             Furaha afite ibijigo bijegajega.

    6. Soma agakuru gakurikira maze usubize ibibazo.

    eJabo ateka neza.

    g

    Jabo afite isafuriya atekamo.

    Ku meza hari akajerikani karimo amavuta. 

    Akatira imiteja ku isahani. 

    Atekera amafi mu isafuriya. 

    Jabo aha Furaha umufa. 

    Furaha awuhuta anezerewe.

    a. Ni iki Jabo atekamo amafi?

    b. Ni hehe Jabo akatira imiteja?

    7. Andika ingombajwi f na j mu nyuguti nto mu ikayi yawe.

    ft

    8. Andika ingombajwi F na J mu nyuguti nkuru mu ikayi yawe.

    r

    9. Soma imigemo ikurikira uyandike mu ikayi yawe.

    f

    10. Soma kandi wandike aya magambo akurikira mu ikayi yawe.

    g

    11. Curukura iyi migemo ukore ijambo, uryandike mu ikayi yawe.

    r

    12. Curukura aya magambo ukore interuro uyandike mu ikayi yawe.

    eabageni - arafotora - Gafuku.

    Ingombajwi p P.

    1. Erekana amashusho arimo ijwi p.

    w

    2. Erekana ingombajwi p P.

    r4

    3. Soma imigemo ikurikira.

    e

    4. Soma amagambo akurikira.

    er

    P5. Soma interuro ikurikira.

    e Ipusi irurira ipapayi.

    6. Soma agakuru gakurikira maze usubize ibibazo.

    eIpusi ya Poponia.

    df

    Poponi na Jabiro boroye ipusi iwabo. 

    Ipusi ya Poponi na Jabiro yuriye ipera. 

    Ipusi ya Poponi na Jabiro yitegereje amapera

    Ipusi yahawe amata na Poponi. Ipusi iranezerewe.

    a. Poponi na Jabiro bororeye he ipusi?

    b. Ipusi yahawe iki?

    7. Andika ingombajwi p mu nyuguti nto.

    re

    8. Andika ingombajwi P mu nyuguti nkuru.

                           r

    9.Uzurisha imwe mu nyuguti zikurikira wandike ijambo.

    e

    10. Curukura amagambo ukore interuro uyandike mu ikayi yawe.

    eumurizo - ipusi - ifite

    Ingombajwi l L.

    1. Erekana amashusho arimo ijwi l.

    se

    2. Erekana ingombajwi l L.

    e

    3. Soma imigemo ikurikira.

    e3

    4. Soma amagambo akurikira.

    r

    5. Soma interuro ikurikira.

            e Kigali ni umugi munini.

                            Kalisa atuye i Kigali.

    6. Soma agakuru gakurikira maze usubize ibibazo.

    eKalisa atuye i Jali

    r

    Kalisa na Penina batuye ku musozi wa Jali. 

    Umusozi wa Jali uherereye muri Kigali.

    Hari ibiti birebire bizana umuyaga

    Kigali ni umugi munini. 

    Kalisa na Penina baba heza.

    a. Umusozi wa Jali uherereye he?

    b. Kigali ni iki?

    7. Andika ingombajwi l mu nyuguti nto.

    r

    8. Andika ingombajwi L mu nyuguti nkuru.

    vg

    9. Uzurisha imwe mu nyuguti zikurikira wandike ijambo.

    g

    10. Curukura amagambo ukore interuro uzandike mu ikayi yawe.

    eatuye - i - Kalisa - Kigali


    Imyitozo

    1. Erekana amashusho arimo ijwi p na l.

    r

    2. Huza ingombajwi p n’ishusho irimo ijwi p.

    e

    3. Soma imigemo ikurikira.

    s

    4. Soma amagambo akurikira.

    fr

    5. Soma interuro zikurikira.

    e Papiyasi atuye i Kigali.

                     Leta yacu ifite ikicaro i Kigali.

    6. Soma agakuru gakurikira maze usubize ibibazo.

    e Baguze amapera.

    r

    Papiyasi na Penina bagiye i Kigali. 

    Papiyasi na Penina baguze amapera.

    Baguriye Piyo umupira wo gukina. 

    Babipakiye ku ipikipiki

    Bicara ku ipikipiki barataha. 

    Bageze mu rugo baha Piyo umupira.

    a. Papiyasi na Penina bagiye he?

    b. Papiyasi na Penina baguriye iki Piyo?

    7. Soma agakuru gakurikira maze usubize ibibazo.

    eKalisa afite ipusi

    er

    Kalisa afite ipusi. Ipusi ye ayiha amata. 

    Kalisa afata ipusi ye neza.

     Ayigaburira ku ipanu

    Ipusi ye imukurikira aho agiye hose.

    a. Kalisa afite iki?

    b. Kalisa afata ipusi ye ate?

    8. Andika ingombajwi p na l mu nyuguti nto mu ikayi yawe.

    e

    9. Andika ingombajwi P na L mu nyuguti nkuru mu ikayi yawe.

    r

    10. Soma imigemo ikurikira uyandike mu ikayi yawe.

    r

    11. Soma kandi wandike mu ikayi yawe amagambo akurikira.

    h

    12. Curukura aya magambo ukore interuro, uzandike.

    a a. amaso-Ipusi-manini-ifite

                           b. maremare-i-Kigali-Amazu-aba

                           c. Petero-umupira-aratera

    Isuzuma risoza umutwe wa karindwi

    1. Soma imigemo ikurikira uyandike mu ikayi yawe.

    gh

    2. Soma amagambo akurikira.

    h

    3. Soma agakuru gakurikira maze usubize ibibazo.

    e Mutijima i Kigali

    g

    karindwiMutijima yaje i Kigali agemuye amapera. 

    Abona Furaha afite amapera akuye i Jali.

    Furaha yurira imodoka. 

    Mutijima amugeza i Kigali. 

    Abapagasi bapakurura amapera. 

    Furaha agurira Mutijima amapata

    Furaha ayapakira mu modoka. 

    Mutijima agura amabati yo kubakira ihene.

    a. Mutijima yaje he?

    b. Mutijima yaguze amabati yo kumara iki?

    4. Andika ingombajwi f na J mu nyuguti nto n’inkuru mu ikayi yawe.

    e

    5. Andika ingombajwi p na L mu nyuguti nto n’inkuru mu ikayi yawe.

    h

    6. Curukura aya magambo ukore interuro, uzandike.

     a. umupira - akina - Mujiji

     b. yariye - Firipo - amapapayi

     c. afata - Umuporisi - umujura






































































































    Umutwe wa gatandatu Kwirinda no gukumira ihohoterwaUmutwe wa munani Indyo yuzuye