• Umutwe wa mbere : Umuco w’amahoro

    Isubiramo

    1. Erekana ishusho irimo ijwi i

    k

    2. Erekana ishusho irimo ijwi u

    yes

    3. Erekana ishusho irimo ijwi o

    yes

    4.Erekana ishusho irimo ijwi a

    yes

    5. Erekana ishusho irimo ijwi e

    yes

    6. Soma kandi wandike inyajwi zikurikira.

    yes

    Isubiramo

    e

    hd

    6. Soma agakuru gakurikira maze usubize ibibazo.

    Gugu na Karabo

    s

    Karabo ari mu rugo ku kagoroba. Arababara kubera kubura abo akina na bo. Abona akanuma Gugu kararira amagi. Karabo akereka uburo karamanuka.Karabo akina na Gugu akira umubabaro.

    a) Ni iki gituma Karabo ababara?

     b) Ni iki Karabo yereka akanuma?

    c) Ni nde ukina na Karabo?

    Isubiramo

    j

    h

    5. Soma agakuru gakurikira maze usubize ibibazo.

    Tubareke basome

    d

    Vuguziga yahuye na Tetero agiye mu isomero.

    Vuguziga asaba Tetero kumuherekeza mu isomero.

    Tetero amusubiza ko abamurera bamuhaye imirimo.

    Vuguziga arabasura, abasaba kureka Tetero akigira gusoma.

     Baramureka, akurikira Vuguziga mu isomero anezerewe.

    a) Vuguziga yahuye na Tetero agiye he?

    b) Tetero yakurikiye Vuguziga bajyana he?

    c) Vuguziga na Tetero bagiye gukora iki mu isomero?

    Isubiramo

    d

    swdc

    5. Soma agakuru gakurikira maze usubize ibibazo.

    Ineza ya Rusake

    s

    Gahene yakinaga na Rusake iwabo i Jali.Babona ikirura, Rusake agurukira mu ipapayi.Gahene we yuriye biramunanira, asigara acaracara ahebeba. Rusake asaba Gahene kudahebeba, yiyemeza kumuzamura.Rusake akurura Gahene, ikirura kiraheba.

    a) Gahene na Rusake bakoraga iki?

    b) Rusake yasabye Gahene gukora iki?

    c) Rusake yakoreye iki Gahene?

    Isubiramo

    g

    f

    5. Soma agakuru gakurikira maze usubize ibibazo.

    Igihembo gishimishije

    d

    Kanyange yagize amanota ashimishije bamuhemba agakwavu. Ndizihiwe amusaba ko bakagurisha bakagura amacunga. Kanyange amusubiza ko akorora kakazamuha utundi dukwavu. Ndizihiwe biramushimisha amusezeranya kuzamufasha kukahirira. Agakwavu karororoka, Kanyange yoroza Ndizihiwe.

    a) Kanyange yahawe ikihe gihembo?

    b) Ndizihiwe yasabye iki Kanyange?

    c) Kanyange yakoreye iki Ndizihiwe?

    Kwandika inyuguti mu mukono

    g

    d

    f

    mn

    Kwandika inyuguti mu mukono

    ijh

    j

    m

    h

    Igihekane ts/Ts

    1. Erekana amashusho arimo ijwi ts.

    k

    2. Erekana igihekane ts/Ts.

    h

    3. Soma imigemo ikurikira.

    f

    4.Soma amagambo akurikira.

    j

    5. Soma interuro zikurikira.

    a) Karamutsa yakomeretse ku gitsi.

    b) Matsiko yariye umutsima.

    c) Bisetsa arasetsa Baributsa.

    6. Soma agakuru gakurikira maze usubize ibibazo.

    Tubane mu mahoro 

    Kamatsiko yarimo kwahirira agakwavu ke. Muri ako kanya Kamanutsi aramusagarira amutera ibikatsi. Kamatsiko yazamutse amusanga ngo amubaze ikibimuteye. Kamanutsi amubonye ariruka aratsikira anakomereka ku gitsi. Kamatsiko yegura Kamanutsi bakomeza kubana mu mahoro.

    a) Ni nde warimo kwahirira agakwavu ?

    b) Ni nde wasagariye undi?

    c) Kamanutsi yakomeretse he?

    7. Soma kandi wandike mu mukono wigana igihekane gikurikira.

    d

    8. Soma kandi wandike mu mukono wigana amagambo akurikira.

    cf

    9. Soma kandi wandike mu mukono wigana interuro ikurikira.

    d

    10. Tondeka aya magambo ukore interuro, uzandike mu mukono.

    a) muremure – umusatsi – Kamatsiko - afite.

    b) ku - Rutsobe - gitsi - yakomeretse.

    c) Gatsibo - i - atuye - Bisetsa.

    Igihekane nz/Nz

    1. Erekana amashusho arimo ijwi nz.

    d

    2. Erekana igihekane nz/Nz.

    c

    3. Soma imigemo ikurikira.

    d

    4.Soma amagambo akurikira.

    d

    5. Soma interuro zikurikira.

    a) Gatsinzi afite inzu nziza.

    b) Muganza yabonye inzukira mu nzuri.

    c) Nzaramba arasiza ikibanza.

    6. Soma agakuru gakurikira maze usubize ibibazo.

    Manzi na NzizaManzi

    f

    NzizaManzi na Nziza batuye i Gatsibo.Baba mu nzu nziza yisanzuye.Imbere yayo hari ikibanza kinini gitsindagiye.Manzi na Nziza bakiniramo na bagenzi babo.Iyo bakina birinda kwiyenza babuza abandi amahoro.

    a) Ni bande batuye i Gatsibo?

    b) Manzi na Nziza bakina na nde?

    c) Manzi na Nziza birinda iki iyo bakina?

    7. Soma kandi wandike mu mukono wigana igihekane gikurikira.

    c8. Soma kandi wandike mu mukono wigana amagambo akurikira.

    d

    9. Soma kandi wandike mu mukono wigana interuro ikurikira.

    d

    10. Tondeka aya magambo ukore interuro, uzandike mu mukono.

    a) inzuki - akunda - Nzaramba - kureba.

    b)nziza - ya - ni - Manzi - Inzu.

    c) arasobanura - inzozi - Nzirorera - ze.

    sa

    1. Erekana amashusho arimo amajwi ts/nz.

    s2.Soma amagambo akurikira.

    3. Soma interuro zikurikira.

    a) Kamatsiko yatsinze ibizamini.

    b) Nziza atuye i Gatsibo.

    4. Soma kandi wandike mu mukono wigana amagambo n’interuro 

    bikurikira.

    d

    5. Huza ibice by’amagambo bikurikira ukore ijambo, uryandike mu mukono.

    d

    6. Toranya imigemo iri ku murongo utambitse ukore ijambo unaryandike mu mukono.

    s

    7. Soma agakuru gakurikira maze usubize ibibazo.

    df

    Inzukira zishotora inzovu

    Inzukira zagiye gusaba inzuki umutsama.

    Mu nzira zibona inzovu ifite ibitotsi, isinzira.

    Ziyegera zisetsa zitangira kuyijomba inzara.

    Inzovu iritsamura, izamura umutonzi, izibuza kuyisagarira.

    Inzukira zireka gushotora inzovu, zikomeza urugendo.

    a) Ni iki inzukira zagiye gusaba inzuki?

    b) Inzukira zabonye iki mu nzira?

    c) Inzovu yabujije iki inzukira?

    d

    1. Erekana amashusho arimo ijwi rw.

    fv

    2. Erekana igihekane rw/Rw.

    c

    3. Soma imigemo ikurikira.

    g

    4.Soma amagambo akurikira.

    cx

    5.Soma interuro zikurikira.

    a) Umurerwa arwaje Muhirwa.

    b) Mukarwema arahinga ahari urwiri.

    c) Uru rwuri ni urwange.

    6. Soma agakuru gakurikira maze usubize ibibazo.

    Inzovu na Bakame

    g

    Bakame yagiye gushaka urwiri isasira amatungo.

    Igeze ku Rwesero irasitara yikubita mu rwobo.

    Inzovu ihanyuze ibona Bakame itabaza ibabaye.

    Yihutira kuzana urwego, itabara Bakame vubavuba.

    Bakame ishimira inzovu, iyigabira urwuri.

    a) Bakame yashakaga urwiri ikoresha iki?

    b) Inzovu yatabaye ite Bakame?

    c) Ni iki Bakame yagabiye inzovu?

    7. Soma kandi wandike mu mukono wigana igihekane gikurikira.

    wd8. Soma kandi wandike mu mukono wigana amagambo akurikira.

    cd9. Soma kandi wandike mu mukono wigana interuro ikurikira.

    d10. Tondeka aya magambo ukore interuro, uzandike mu mukono.

    a) agiye - Rwema - umurwayi - gusura.

    b) Muhirwa - runini - urwuri - afite.

    c) atuye - Rwaza - Umurerwa - i.

    zs

    1. Erekana amashusho arimo ijwi by.

    s

    2. Erekana igihekane by/By.

    d

    3. Soma imigemo ikurikira.

    xd4.Soma amagambo akurikira.

    j

    5. Soma interuro zikurikira.

    a) Byiza akunda kubyina.

    b) Byukusenge ni mubyara wange.

    c) Uru rubyiruko rubyina neza.

    6. Soma agakuru gakurikira maze usubize ibibazo.

    Inyamanza zifasha ibyiyoniIbyiyoni

    s

    ibyiyoniIbyiyoni byarimo gushaka ibyatsi byo kubaka ibyari.

    Haza umuyaga ukabije ugurukana ibyatsi byose.

    Ibyiyoni byibaza aho bikura ibyatsi birashoberwa.

    Inyamanza zizana ibyatsi byazo zihaho ibyiyoni.

    Ibyiyoni bishimira inyamanza ubufasha zibihaye.

    a) Ibyiyoni byashakaga ibyatsi byo gukora iki?

    b) Ni iki cyafashije ibyiyoni kubona ibyatsi?

    c) Ibyiyoni byakoreye iki inyamanza?

    7. Soma kandi wandike mu mukono wigana igihekane gikurikira.

    s8. Soma kandi wandike mu mukono wigana amagambo akurikira.

    d9. Soma kandi wandike mu mukono wigana interuro ikurikira.

    d

    10. Tondeka aya magambo ukore interuro, uzandike mu mukono.

    a) Byiza - barabyina - na - Byiringiro.

    b) na - bavuye - Byukusenge - mu - Byusa - Byimana.

    c) we - Byiza - umwana - arakarabya.

    s1. Erekana amashusho arimo amajwi rw/by.

    s

    2.Soma amagambo akurikira.

    f3. Soma interuro zikurikira.

    a) Muhirwa arabyinira umubyeyi we.

    b) Urweso rwa Mubibyi rwamenetse.

    4. Soma kandi wandike mu mukono wigana amagambo n’interuro bikurikira.

    e5. Huza ibice by’amagambo bikurikira ukore ijambo, uryandike mu mukono.

    s

    6.Toranya imigemo iri ku murongo utambitse ukore ijambo unaryandike mu mukono.

    e

    7. Soma agakuru gakurikira maze usubize ibibazo.

    Bafashije Byukusenge

    s

    ByukusengeUmukecuru Byukusenge yari afite amatungo ashonje.

     Imbuga ye na yo yari yuzuye urwondo. 

    Mu kiruhuko Umubyeyi na Rwasibo bagiye kumusura. 

    Bahiriye amatungo urwiri, bakura urwondo mu mbuga. 

    Byukusenge arabashimira abaha ibyibo byuzuye amatunda.

    a) Amatungo ya Byukusenge yari ameze ate?

    b) Ni iki Umubyeyi na Rwasibo bakoreye Byukusenge?

    c) Ni iki Byukusenge yahaye Umubyeyi na Rwasibo?

    s

    1. Erekana amashusho arimo ijwi nt.

    s

    2. Erekana igihekane nt/Nt.

    s3. Soma imigemo ikurikira.

    w

    4.Soma amagambo akurikira.

    e

    5. Soma interuro zikurikira.

    a) Sentama yantabaye intozi zanteye.

    b) Ntaganda yateye intabire.

    c) Nyirantore yakarabye intoki.

    6. Soma agakuru gakurikira maze usubize ibibazo.

    Intare yisubiyehoAgakwavu

    e

    Agakwavu kari mu ntabire kikinira gusama intobo.

    Intare iva mu nturusu inyanyagiza za ntobo.

    Agakwavu kararira. 

    Intare izunguza intugu irigendera.

     Igeze imbere, isanga ikoze ibintu bibi iragaruka. 

    Intare isaba imbabazi agakwavu, biriyunga bitangira gukina.

    a) Ni iki agakwavu kakoraga mu ntabire?

    b) Intare yaje ivuye he?

    c) Ni iki intare yakoze yibutse ko yakoze ibintu bibi?

    7. Soma kandi wandike mu mukono wigana igihekane gikurikira.

    s8. Soma kandi wandike mu mukono wigana amagambo akurikira.

    s9. Soma kandi wandike mu mukono wigana interuro ikurikira.

    s10. Tondeka aya magambo ukore interuro, uzandike mu mukono.

    a) ku - yicaye – Nyirantore - ntebe.

    b) yoroye - Nyabyenda - intama.

    c) inturusu - aratera - Ntaganda.

    s

    1. Erekana amashusho arimo ijwi mw.

    s

    2. Erekana igihekane mw/Mw.

    s

    3. Soma imigemo ikurikira.

    s

    4.Soma amagambo akurikira.

    s

    5. Soma interuro zikurikira.

    a) Mukamwiza agira umwete.

     b) Mwese mwirinde gusagarirana.

    c) Uwamwezi afite umwaka umwe.

    6. Soma agakuru gakurikira maze usubize ibibazo.

    Uwamwezi asaba imbabazi

    s

    Uwamwezi na Ntabana barimo gukubura ku ishuri.

    Uwamwezi akubita Ntabana umweyo amwanduriza umwambaro. 

    Umwarimu asaba Uwamwezi gusaba Ntabana imbabazi. 

    Uwamwezi yegera Ntabana amwizeza ko atazongera kumwiyenzaho. 

    Bombi baramwenyura, bunga ubumwe, bakomeza gukora isuku.

    a) Ni bande barimo gukubura ku ishuri?

    b) Umwarimu yasabye iki Uwamwezi?

    c) Uwamwezi yijeje iki Ntabana?

    7. Soma kandi wandike mu mukono wigana igihekane gikurikira.

    s8. Soma kandi wandike mu mukono wigana amagambo akurikira.

    s9. Soma kandi wandike mu mukono wigana interuro ikurikira.

    s10. Tondeka aya magambo ukore interuro, uzandike mu mukono.

    a) umwanda - Mwese - mwirinde.

    b) mwarimu - Uyu - atumwe - na - mwana.

    c) bose - mwiza - na - Umwana - ashimwa.

    s

    1. Erekana amashusho arimo amajwi nt/mw.

    s

    2.Soma amagambo akurikira.

    s

    3. Soma interuro zikurikira.

    a) Ntabyera yaguze umwenda mwiza.

    b) Munyantore arakosora umwitozo.

    4. Soma kandi wandike mu mukono wigana amagambo n’interuro bikurikira.

    s

    5. Huza ibice by’amagambo bikurikira ukore ijambo, uryandike mu mukono.

    s

    6.Toranya imigemo iri ku murongo utambitse ukore ijambo unaryandike mu mukono.

    sUrugero: intumwa

    7. Soma agakuru gakurikira maze usubize ibibazo.

    Ntaganda

    s

    Ntaganda ni umwana ukunda amahoro.Ni intangarugero mu guharanira amahoro.

    Ntaganda aritonda ntakunda intonganya.

    Agira umwihariko wo kunga abafitanye ibibazo. 

    Ntaganda ni umwana mwiza ushimwa na bose.

    a) Ni iki Ntaganda akunda?

    b) Ntaganda agira uwuhe mwihariko?

    c) Kuki Ntaganda ashimwa na bose?

    s

    1.Soma amagambo akurikira.

    s

    2. Soma interuro zikurikira.

    a) Mubyara wa Muhirwa bamwogoshe umusatsi wose.

    b) Muganza akoresha umwiko ushaje.

    3. Soma kandi wandike mu mukono wigana amagambo akurikira.

    s

    4. Soma kandi wandike mu mukono wigana interuro zikurikira.

    s5.Toranya imigemo iri ku murongo utambitse ukore ijambo, unaryandike mu mukono.

    sUrugero: intama

    6. Tondeka aya magambo ukore interuro, uzandike mu mukono.

    a) wa - kabiri - mu - mwaka - Mwageze.

    b) arareba - Gatsinzi - Ntaganda.

    c) atuye - mu - Rwema - Byimana.

    7. Soma agakuru gakurikira maze usubize ibibazo.

    Mahirwe ni umwana mwiza.

    s

    Mahirwe agira umuco mwiza wo gufasha abandi.

    Ababyeyi be bamutoza kwirinda inzangano ahantu hose.

    Aho ateshutse asaba imbabazi. 

    Ntagira inzika kandi abera abandi urugero rwiza. 

    Mu masomo nta nzitizi agira, atsinda neza.

    a) Ni uwuhe muco mwiza Mahirwe agira?

    b) Ni iki ababyeyi ba Mahirwe bamutoza?

    c) Aho Mahirwe ateshutse abigenza ate?









Umutwe wa kabiri:Inshingano z’abana